|
||||
Turi bande
Murakaza neza ku rubuga rw´umuryango udaharanira
inyungu "Foundation Together in Action Rwanda". Uyu muryango uterwa inkunga n´umuryango "Stichting Samen in Actie Nederland", umwe mu miryango igize
Diyasipora Nyarwanga mu gihugu cy'Ubuholandi.
|
||||
Intego yacu ni ugushyigikira iterambere ry'u Rwanda tubinyujije mu mishinga inyuranye yo kurwanya ubukene, amazi meza mu cyaro, iterambere ry'abategarugori, ishomari, ikoranabuhanga, ihererekanyabumenyi binyujijwe mu mahugurwa cyangwa mu ishoramari. Dushishikariza iterambere dushyira imbere ukwikorera ku giti cy'umuntu, uburinganire bw'ibitsina n' ubwubahane.
Ibyo umuryango ugamije
Dushyire hamwe mu kurwanya ubukene iwacu