|
||||
Isoko ryacu
Intego yacu ntabwo ari ubucuruzi. Mu rwego rwo kugeza ku baturage imbuto z´imboga cyangwa fruits udakunze kubona iwacu, dutumiza izi mbuto mu mahanga tukazibahera ku kiranguzo kugirango twongerere abaturage indryo inyuranye kandi nziza
|
||||
Mu rwego rw´imibereho myiza kurya imbuto n´imboga ni ingirakamaro. Ariko bigaragara ko imbuto cyangwa imboga nziza kandi zifite intungamubiri nyinshi hari igihe ziba zitaboneka ku masoko y´u Rwanda.
Ni muri urwo rwego umuryango wacu ubashakira imbuto zinyuranye ikazibahera ku kiranguzo. Intego yacu ni ukongerera indryo nziza.
Imbuto n´imbuto zifite intungamubiri nyinshi.