|
||||
Menya Sida
|
||||
Ni muri urwo rwego FTA izajya yunganira abanyarwanda mumahugurwa uhereye mu karere ka Ruhango binyujijwe mu mashyirahamwe cyangwa mu bigo by'ubuzima. Tugomba kurwanya cyangwa se tugakuraho inzitizi zibangamira ingamba zo kurwanya agakoko gatera Sida.