Dubbelklik hier om de afbeelding te veranderen
Nta mugore ugomba gukubitwa
 
 
Gukemura amakimbirane mu miryango
Abantu babana bakunze kugirana utubazo. Rimwe na rimwe akabazo gashobora kubyara impagaragara ndetse n'imirwano. Ibibazo ariko bishobora no kuvugwaho bityo bigashakirwa umuti ntawe uvujishe undi amaraso cyangwa ngo amuhe inkoni.
  

Gutongana cyangwa kurwana sibyo bikemura ibibazo hagati y'abashakanye, cyangwa hagati y'ababyeyi n'abana. Nubwo ntawifuza akaga mu rugo ariko bibaho ko mu ngo haba amakimbirane  ndetse amakimbirana akagera kure cyane cyane mu mirwano.

FTA yifashishijije abahanga iha amahugurwa abantu bakunze kugira ibibazo mu rugo kugirango barebe uko babyitwaramo ndetse binarangire. Ibibazo byose bikemurwa mu kuganira. Ariko se wahera ku muntu mufitanye ibibazo?

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Nimugane FTA ibagire inama