Dubbelklik hier om de afbeelding te veranderen
Indryo yuzuye ni ngombwa no ku murwayi wa sida
 
 
Kurwanya Sida

Sida ni icyorezo cyugarije u Rwanda. Hari uburyo bwinshi bwo kuyirinda. FTA ifite ingamba zo kumenyeha abantu Sida icyo ari cyo n'ukuntu bashobora kuyirinda. Ni muri urwo rwego dutanga ku biri ibisobanuro kuri iyo ndwara ku biro byacu no mu masanteri y'ubuzima.

  

FTA izajya yunganira abanyarwanda mumahugurwa uhereye mu karere ka Ruhango binyujijwe mu mashyirahamwe cyangwa mu bigo by'ubuzima. Muri iyi gahunda kandi tuzajya dutanga inyigisho ku  bintu bikurikira: 

 

 

  • Inyigisho n'inama zo kwirinda sida ku bantu bose
  • Inyigisho kubagiye gushinga urugo
  • Inyigisho ku bantu bafite ubwandu
  • Inyigisho ku bigo by'amashuri
  • Inyigisho dukoresheje amashusho
  • Inyigisho zinyujijwe mu mikino
  • Inyigisho mu bigo by'ubuzima
  • Inama n'ibiganiro tubinyujije kuri "Ganira n'abandi"
  • Inyigisho kuri e-mail cyangwa terefone

 

 

 

 

 

 

 

Menya Sida umenye ni uko wayirinda