Dubbelklik hier om de afbeelding te veranderen
Amuhugura kuri mudasobwa
 
 
Kwiga mudasobwa
Mudasobwa imaze kuba ngombwa mu buzima bwa buri munsi. Kubera amikoro make tubona ako abanyarwanda badafite mudasobwa mu ngo zabo nabo bagomba kwitabwaho. Internet nayo igomba kumenywa no gukoreshwa n´abantu bose. Umuryango wacu wiyemeje gufasha abanyarwanda batifite kwiga mudasobwa ndetse no kuba bakoresha internet.
  

Umuryango wiyemeje gufasha abadafite uburyo ibahugura mu kwiga mudasobwa. Abana nabo tukabegereza imikino batabona bumva gusa kuri za televisiyo. Abakozi ba Leta, abarimu nabo bakeneye amahugurwa yisumbuye mu rwego rwa mudasobwa na porogaramu zayo.

Abacuruzi nnabo bakeneye mudasobwa kugirango bashire ubucuruzi bwabo kugire kandi basore neza kandi bamenye niba bungutse cyangwa bahombye. Tubibashamo muri orogaramu kabuhariwe ibafasha kubara ibyo binjije n´ibyo basohoye ndetse ikamenya n´ibiro mu iduka cyangwa muri stoki.

Umuryango wacu wabonye ko atari igikorwa gusa cya Guverinoma ko ahubwo dushobora kuyitera ingabo mu bitugu. Niyo mpamvu tuzajya twigisha abategarugori mudashobwa. Dutanga aamahugurwa anyuranye kuri porogaramu za mudasobwa ku bakozi ba Leta cyangwa abikorera ku giti cyabo. Abarimu nabo bagira gahunda z´amahugurwa yabo kuko  twumva ko nabo bahomba kwigisha abana neza.

 

 

 

 

 

 

 

Reba kuri gahunga yacu urebe niba wajya mu ihugurwa